Amafoto: APR FC mu myiteguro ya nyuma mbere yo gukina na Police FC

APR FC yakoze imyitozo ya nyuma yitegura gukina na Police FC umukino ubanza wa 1/2 cy’irangiza mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amahoro.

Ni umukino uzaba kuri uyu wa kabiri tariki ya 15/04/2025, ukazabera kuri Kigali Pele Stadium guhera saa cyenda (3:00pm).

APR FC nisezerera Police FC izahura n’izaba yatsinze hagati ya Mukura VS&L na Rayon Sports FC.

Kwitonda Alain ‘Bacca’ yambariye urugamba
Umutoza Darco Novic
Ruboneka Jean Bosco ahagaze bwuma
Byiringiro Jean Gilbert na Aliou Suane baratyaye na bo
Thadeo Lwanga ameze neza cyane
Victor Mbaoma amaze iminsi mu mvune ariko ubu aratyaye nta nzitizi
Kiwanuka Hakim na we ameze neza
Aliou Suane myugariro mpuzamahanga
Lamptey na we ameze neza
Daouda Yousif arahari
Denis Omedi yiteguye gukora iyo bwabaga ngo APR FC igere ku mukino wa nyuma
Mamadou Sy na Nshimirimana Ismaël Pitchou
Komanda Claude Niyomugabo, Kapiteni wa APR FC
Frodouard Mugiraneza
Mugisha Gilbert
Ruboneka Jean Bosco
Sy Mamadou
Arsene Tuyisenge
Mahamadou Lamine Bah

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top