Author name: Philbert HAGENGIMANA

APR WFC yanganyije na AS Kigali WFC mu mukino ufungura Shampiyona

APR WFC yanganyije na AS Kigali ibitego 2-2 mu mukino ufungura Shampiyona y’icyiciro cya mbere y’abari n’abategarugori. Uwo mukino wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 5/10/2024 ukaba wabereye kuri Kigali Pele Stadium APR WFC yawutangiranye ishyaka ariko ikagorwa no gutindana umupira dore ko yakinaga n’ikipe imenyereye Shampiyona. Ibyo byanatumye iyi kipe y’ingabo yinjizwa igitego […]

APR WFC yanganyije na AS Kigali WFC mu mukino ufungura Shampiyona Read More »

APR WFC iratangirana na AS Kigali muri Shampiyona y’abagore

APR WOMEN FC (APR WFC) iratangira ikina na AS Kigali muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere y’abari n’abategarugori. Ni umukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere y’abari n’abategarugori itangira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 5/10/2024. APR WFC igiye gukina umukino wa yo wa mbere muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere nyuma y’aho izamutse itwaye

APR WFC iratangirana na AS Kigali muri Shampiyona y’abagore Read More »

APR FC yasubukuye imyitozo ngo itangire shampiyona (Amafoto)

APR FC yasubukuye imyitozo ngo itangirire shampiyona (Rwanda Premer League 2024-2025) aho andi makipe ageze, umukino wa yo wa mbere ukazaba ari uw’umunsi wa kane, uzayihuza na Etincelles FC mu mpera z’iki cyumweru. Nyuma y’aho iyi kipe isoje urugendo rwayo mu marushanwa mpuzamahanga, aho yari ihagarariye u Rwanda mu mikino yo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza

APR FC yasubukuye imyitozo ngo itangire shampiyona (Amafoto) Read More »

APR FC yagarutse guhatanira gusubirayo

Nyuma yo gusezererwa mu mikino yo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika (CAF Champions League), APR FC yagarutse i Kigali guhatanira ibikombe bizatuma isubirayo. APR FC yasezekaye i Kigali mu gitondo cy’uyu wa mbere tariki ya 23/9/2024 ikubutse mu Misiri, aho yakiniye umukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri. Ni umukino

APR FC yagarutse guhatanira gusubirayo Read More »

Mu mukino w’imbaturamugabo APR FC yasezerewe na Pyramids FC

Mu mukino utari woroshye APR FC yatsinzwe na Pyramids FC ibitego 3-1 isezererwa ityo mu mikino yo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo (CAF Champions League). Uwo mukino wabereye mu Misiri kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21/9/2024 watangiye APR FC ikina neza nk’ikipe yari ifite intego. Kugarira neza, guhererekanya umupira nta

Mu mukino w’imbaturamugabo APR FC yasezerewe na Pyramids FC Read More »

Gen. MK Mubarakh yageneye APR FC ubutumwa bwuje impanuro

Umugaba w’ingabo z’u Rwanda, Gen. MK Mubarakh Muganga yageneye ubutumwa abakinnyi ba APR FC abibutsa ibyo Abanyarwanda babayegerejeho. Ubwo butumwa yabubahaye mbere y’uko APR FC yakirwa na Pyramids FC mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri mu guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo. Abicishije ku rukuta rwe ku rubuga rwa X, Gen.

Gen. MK Mubarakh yageneye APR FC ubutumwa bwuje impanuro Read More »

APR FC yanganyije na Pyramids FC

APR FC yanganyije na Pyramids FC igitego 1-1 mu mukino ubanza w’ijonjora rya kabiri mu guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo. Ni umukino wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14/9/2024, ukaba wabereye i Kigali muri Stade Amahoro. Umukino watangiye amakipe yombi akina asa n’acungacungana ku jisho, cyane ko APR FC yari

APR FC yanganyije na Pyramids FC Read More »

Gen. MK Mubarakh yasuye APR FC mbere yo gukina na Pyramids FC

Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen.MK Mubarakh MUGANGA yasuye APR FC mu myitozo ibanziriza iya nyuma yo kwitegura umukino uzayihuza na Pyramids FC mu ijonjora rya kabiri ryo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo. Ni imyitozo yakorewe muri Stade Amahoro kuri uyu wa kane tariki ya 12/9/2024, ari na ho uwo mukino

Gen. MK Mubarakh yasuye APR FC mbere yo gukina na Pyramids FC Read More »

Scroll to Top