Author name: Philbert HAGENGIMANA

APR FTC yahigitse Alpha Sports mu Urubuto Community Youth Cup

Mu mikino itatu y’umunsi wa mbere wa Urubuto Community Youth Cup APR FTC yatsinze Alpha Sports ibiri banganya umwe. Ubwo hakinwaga umunsi wa mbere wa Urubuto Community Youth Cup, irerero rya APR FC ryakiriwe na Alpha Sports ku kibuga cyo mu Rugunga. Mu cyiciro cy’abari munsi y’imyaka 10, Alpha Sports yanganyije na APR FTC igitego […]

APR FTC yahigitse Alpha Sports mu Urubuto Community Youth Cup Read More »

Ag Chairman mushya wa APR FC yasuye Abakinnyi abaha ubutumwa bwa CDS

Ku mugoroba w’uyu wa gatanu taliki 8/11/2024 Ag Chairman mushya wa APR FC, Brig. Gen Deo Rusanganwa yasuye Abakinnyi, abatoza n’abandi bakozi b’iyi kipe y’ingabo, abaha ubutumwa bw’Umugaba w’ingabo (CDS), abibutsa intego n’indangagaciro z’iyi kipe maze abibutsa moto ya APR FC ko ari Umurava Intsinzi. Mu butumwa yatanze Ag Chairman yibukije ko ingabo z’u Rwanda

Ag Chairman mushya wa APR FC yasuye Abakinnyi abaha ubutumwa bwa CDS Read More »

Tujyane i Shyorongi mu myitozo ya APR FC yitegura Vision FC (Amafoto)

APR FC ikomeje imyitozo ku kibuga cyayo i Shyorongi yitegura umukino uzayihuza na Vision FC kuwa kane tariki ya 07/11/2024 kuri Kigali Pele Stadium guhera saa kumi n’ebyiri (6:00pm). Nyuma yo gutsikira kuri Gorilla FC bakanganya 0-0, APR FC yasubukuye imyitozo kuwa mbere, ndetse yanayikomeje kuri uyu wa kabiri yitegura uwo mukino ukurikiyeho. Ni umukino

Tujyane i Shyorongi mu myitozo ya APR FC yitegura Vision FC (Amafoto) Read More »

APR WFC U-16 yegukanye igikombe cya National Sports Talent Week

APR WFC U-16 yegukanye igikombe cya National Sports Telent Week itsinze Paris Saint Germain FA igitego 1-0 ku mukino wa nyuma. Iri rushanwa ryaberaga mu Karere ka Huye, ryahuzaje abakinnyi batoranyijwe mu gihugu hose muri Gahunda y’Isonga (Isonga Program) ya Minisiteri ya Siporo, APR WFC ikaba yaritabiriye nk’Umutumirwa. Muri iri rushanwa kandi INTARE FTC ikorera

APR WFC U-16 yegukanye igikombe cya National Sports Talent Week Read More »

APR WFC yanganyije bwa kane mu mikino itanu ya Shampiyona

Ubwa kane mu mikino itanu, APR WFC yanganyije na Kamonyi WFC igitego 1-1, ikomeza kudatsindwa umukino n’umwe muri Shampiyona. Ni umukino w’umunsi wa gatanu wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 02/11/2024, ukaba wabereye kuri Stade Kamena mu Karere ka Huye. Nk’ikipe itaratakaza umukino n’umwe n’ubwo ari bwo izamutse iva mu cyiciro cya kabiri kandi

APR WFC yanganyije bwa kane mu mikino itanu ya Shampiyona Read More »

APR FTC n’INTARE FTC batangiye neza Community Youth League

Abana bo mu irerero rya APR FC n’ab’INTARE FC batangiye neza mu irushanwa “Community Youth League” ryatangijwe ku mugaragaro kuri uyu wa gatandatu tariki ya 02/11/2024. Ni irushanwa rizamara amezi atatu, rikaba rizahuza amakipe y’abana mu byiciro bitatu, bitoreza mu marerero 18 atandukanye mu Mujyi wa Kigali. Abo bana bazarushanwa mu byiciro by’abatarengeje imyaka 10

APR FTC n’INTARE FTC batangiye neza Community Youth League Read More »

Bagarutse, gahunda ni andi atatu muri Rwanda Premier League

Abakinnyi ba APR FC bari bari mu ikipe y’igihugu Amavubi bagarutse, intego ni ugutsinda umukino ukurikiyeho wa Rwanda Premier League. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 01/11/2024 APR FC yakoze imyitozo abakinnyi bose bahari, bakaba bitegura umukino w’umunsi wa 7 wa Rwanda Premier League uzayihuza na Gorilla FC. Ni nyuma y’uko abagera ku 8 bari

Bagarutse, gahunda ni andi atatu muri Rwanda Premier League Read More »

Scroll to Top