News

Urubuto Community Youth Cup: Hakinwe imikino y’umunsi wa kane

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7/12/2024 hakinwe imikino y’umunsi wa kane wa Urubuto Community Youth Cup. Kuri uyu munsi wa kane APR FTC itaratsindwa umukino n’umwe yagombaga kwakira Thousand Hills FA ku kibuga cya Don Bosco mu Gatenga. Icyakora iyi mikino ntiyabaye kuko APR FTC yategereje Thousand Hills FA iraheba, abana bahita bikorera imyitozo […]

Urubuto Community Youth Cup: Hakinwe imikino y’umunsi wa kane Read More »

U-17: APR FC yitwaye neza imbere ya Rayon Sports na Mukura VS&L

Muri FERWAFA YOUTH LEAGUE APR WFC U-17 yatsinze Rayon Sports WFC U-17 mu gihe mu bahungu ho APR FC U-17 yatsinze Mukura VS&L. Ni mu mikino y’umunsi wa kane yakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7/12/2024. APR WFC U-17 yari yasuye Rayon Sports WFC U-17 ku kibuga cyayo mu Nzove, ihitwara neza ihatsindira ibitego

U-17: APR FC yitwaye neza imbere ya Rayon Sports na Mukura VS&L Read More »

Abayobozi bakuru muri RDF basuye APR F.C

Ku gicamunsi cy’uyu wa kabiri tariki ya 3/12/2024 abayobozi bakuru mu ngabo z’u Rwanda basuye APR F.C aho isanzwe ikorera imyitozo i Shyorongi mu Karere ka Rulindo. Abo bayobozi bari barangajwe imbere n’Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj. Gen Vincent Nyakarundi wari kumwe n’Umugaba Mukuru w’Inkeragutaba Maj.Gen Alex Kagame ndetse na Chairman wa APR

Abayobozi bakuru muri RDF basuye APR F.C Read More »

APR WFC yakuye atatu y’ingenzi kuri Police WFC

APR WFC yatsinze Police WFC igitego 1-0 iyikuraho amanota atatu y’ingenzi. Ni mu mukino w’umunsi wa 9 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere y’abari n’abategarugori wakiniwe kuri Stade Kamena kuri iki cyumweru tariki ya 1/12/2024. APR WFC yinjiye mu mukino nk’ishaka Intsinzi, aho yatangiye isatira cyane kandi buri kanya imbere y’izamu rya Police WFC. N’ubwo amahirwe

APR WFC yakuye atatu y’ingenzi kuri Police WFC Read More »

APR FC yatsinze AS Kigali ikomeza kwicuma ku rutonde rwa Shampiyona

APR FC yatsinze AS Kigali igitego 1-0 ikomeza kwicuma ku rutonde rwa Rwanda Premier League. Ni mu mukino w’umunsi wa 11 wa Shampiyona wakiniwe kuri Pele Stadium kuri iki cyumweru tariki ya 1/12/2024. Igitego rukumbi cyabonetse muri uyu mukino cyatsinzwe na Niyigena Clement ku munota wa 63. Nyuma yo gutsinda uyu mukino APR FC yahise

APR FC yatsinze AS Kigali ikomeza kwicuma ku rutonde rwa Shampiyona Read More »

Abayobozi ba APR FC baganiriye n’abahagarariye abafana

Ni mu nama yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29/11/2024, ikaba yahuje Ubuyobozi bw’ikipe ndetse n’abayobozi bahagarariye abafana muri za fan club zitandukanye.Iyo nama yari iyobowe na Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa yitabiriwe kandi n’umuyobozi wungirije wa ASCAB, Col. Innocent Munyengango ndetse n’Umuyobozi wungirije w’ihuriro ry’abakunzi n’abafana ku rwego rw’igihugu, Col.

Abayobozi ba APR FC baganiriye n’abahagarariye abafana Read More »

Bariteguye! APR FC mu myiteguro ya nyuma mbere yo guhura na Bugesera FC (Amafoto)

APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo gukina na Bugesera FC umukino w’ikirarane cy’umunsi wa kabiri wa Rwanda Premier League. Ni imyitozo yakorewe i Shyorongi kuri uyu wa kabiri tariki ya 26/11/2024. Iyi myitozo yitabiriwe n’abakinnyi bose barimo na Ruboneka Jean Bosco wari umaze iminsi afite ikibazo cy’imvune ndetse n’abandi nka Thadeo Lwanga na

Bariteguye! APR FC mu myiteguro ya nyuma mbere yo guhura na Bugesera FC (Amafoto) Read More »

Scroll to Top