News

APR FTC yegukanye ibikombe bibiri

APR FTC yegukanye ibikombe bibiri muri bitatu byahatanirwaga kuri COMMUNITY YOUTH FOOTBALL LEAGUE 2024. Ni irushanwa ry’amakipe y’amarerero (Football Training Centers) ryateguwe hagamijwe kwishimira ibyagezweho mu iterambere ry’umupira w’amaguru, no gushishikariza abanyarwanda kuzagira amahitamo meza mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ay’Abagize Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, bakazatora neza bagamije gusigasira ibyo u Rwanda rumaze kugeraho mu […]

APR FTC yegukanye ibikombe bibiri Read More »

APR FC irakataje mu kurerera u Rwanda intyoza muri ruhago

APR FC irakataje mu gitegurira u Rwanda abazaba intyoza muri ruhago mu bihe bizaza. Buri wa gatandatu no ku cyumweru ndetse n’indi minsi abanyeshuri batize, ni wo mwanya abatoza baba bakora iyo bwabaga ngo bategure abana mu marerero ashamikiye kuri APR FC, ku buryo mu minsi iri imbere bazavamo intyoza mu guconga ruhago. Ibi uzabyibonera

APR FC irakataje mu kurerera u Rwanda intyoza muri ruhago Read More »

Igikombe cya 22, imihigo irakomeje

APR FC yagukanye igikombe cya 22 mu myaka 30 imaze ibayeho, uba umuhigo wongeweho undi wo gutwara icyo gikombe idatsinzwe umukino n’umwe muri shampiyona (Primus National League 2023-2024). Usibye iyi mihigo ikomatanye kandi, iyi kipe yongeyeho undi wo kwegukana igikombe cya shampiyona ubugira gatanu (5) yikurikiranya. Dore imyaka APR FC yegukanyemo ibyo bikombe 22: 1995,

Igikombe cya 22, imihigo irakomeje Read More »

Amashirakinyoma kuri APR WFC mu cyiciro cya mbere nyuma y’imyaka 10

Benshi bakomeje kwibaza ku ishusho n’intego bya APR WFC mu cyiciro cya mbere muri shampiyona y’abari n’abategarugori, aho bamwe bumva ko ije guhangana n’andi makipe agisanzwemo ariko bakibaza ku bushobozi bwayo kuko yazamuwe n’abakinnyi bato. Ni nyuma y’uko itsinze Forever WFC ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma maze ikegukana igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya kabiri.

Amashirakinyoma kuri APR WFC mu cyiciro cya mbere nyuma y’imyaka 10 Read More »

Abanyabigwi ba APR FC baserutse mu mukino yahereweho igikombe cya Shampiyona

Abanyabigwi ba APR FC baserutse ndetse bakurikirana umukino usoza Primus National League ari nawo iyi kipe y’Ingabo yashyikirijweho igikombe cya Shampiyona. Ni umukino wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 12/05/2024, APR FC ikaba yanganyije n’Amagaju FC igitego 1-1 bityo yesa undi muhigo wo kumara imikino yose ya Shampiyona idatsinzwe n’umwe. Bamwe mu banyabigwi baserutse bahagarariye

Abanyabigwi ba APR FC baserutse mu mukino yahereweho igikombe cya Shampiyona Read More »

FERWAFA YOUTH LEAGUE: APR WFC yatsinze Forever WFC iyikura ku ntebe y’icyubahiro

Ikipe y’Abangavu ba APR WFC yatsinze iy’aba Forever WFC ibitego 4-2 ihita iyikura ku ntebe y’icyubahiro mu irushanwa FERWAFA YOUTH LEAGUE 2024. Ni umukino w’umunsi wa 5 mu y’amatsinda wakinwe kuri iki cyumweru tariki ya 5/5/2024. Mbere y’uyu mukino Forever WFC (Junior) ni yo yari iyoboye itsinda n’amanota 10/12, igakurikirwa na APR WFC (Junior) yari

FERWAFA YOUTH LEAGUE: APR WFC yatsinze Forever WFC iyikura ku ntebe y’icyubahiro Read More »

APR FC yakomeje kudatsindwa muri Shampiyona

APR FC yatsinze Gorilla FC ibitego 2-0 ikomeza gushimangira intego yo kudatsindwa umukino n’umwe muri Rwanda Premier League 2023-2024. Ni mu mukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona wakinwe kuri uyu nwa gatanu tariki ya 03/05/2024 kuri Kigali Pele Stadium. Umukino watangiye amakipe yombi acungacungana ku jisho, cyane ko Gorilla FC yari izi neza ko gutsindwa

APR FC yakomeje kudatsindwa muri Shampiyona Read More »

APR FC isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Gorilla FC

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Gorilla FC mu mukino w’umunsi wa makumyaburi n’icyenda (29) wa shampiona y’icyiciro cya mbere kuri uyu wa Gatanu i Nyamirambo kuri Kigali PELE Stadium saa cyenda(15h00) Ni imyitozo yakorewe ku kibuga cya Shyorongi aho n’ubundi iyi kipe isanzwe ikorera imyitozo yayo, ikipe ya AP

APR FC isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Gorilla FC Read More »

Scroll to Top