Abakinnyi bane bashimiwe nyuma y’irangira ry’amasezerano

Abakinnyi bane bashimiwe nyuma y’aho amasezerano bari bafitanye na APR FC atangiye.

Abakinnyi bane bashimiwe ni Bizimana Yannick, Rwabuhihi Aime Placide, Ombolenga Fitina na Ishimwe Christian.

Aba bakinnyi bashimiwe mu butumwa bugira buti “Ubuyobozi bwa APR FC burashimira Cyane ISHIMWE CHRISTIAN, FITINA OMBOLENGA, RWABUHIHI PLACIDE na BIZIMANA YANNICK basoje Amasezerano y’akazi.”

Mwarakoze cyane ku bihe byiza twagiranye ndetse Tunabifuriza amahirwe masa mu kiragano gishya.”

INTARE RIMWE, INTARE ITEKA!
ONCE A LION, ALWAYS A LION!”

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top