Ikipe ya APR FC yatangiye urugendo rwayo muri shampiyona y’u Rwanda ya 2026/27 itsinda Marine FC ibitego 4-2, mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa Gatatu. Uyu mukino watangiye saa 18h30,...
Kuri uyu wa kabiri ikipe ya APR F.C yakoze Imyitozo ya Nyuma yitegura umukino wa mbere wa Shampiyona ya 2026/2027, ni umukino ugomba kuyihuza na Marine F.C kuri uyu wa Gatatu kuri Kigali Pele Stadium, Guhera ku isaha yi...
Nyuma yo gusezerera ikipe ya Les Aigles du Congo ku bitego bitatu, Gen MK MUBARAKH yashimiye abagize ikipe ya APR FC kubeo kwesa umuhigo bari barahize. Buri umwe ugize iyi kipe yagiye ashimirwa mu buryo bushimishije Amafoto:
Ikipe ya APR FC yakomeje imyiteguro yitegura umukino wo kwishyura mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League, uzayihuza na Les Aigles du Congo kuri uyu wa Gatanu. Imyitozo yo kuri uyu wa Gatatu yabereye kuri Stade Amahoro guhera saa...
Shyorongi mu Karere ka Rulindo aho ikipe ya APR F.C isanzwe ikorera umwiherero yasuwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen MK MUBARAKH akaba n’umuyobozi w’icyubahiro wungirije wa APR F.C Mu butumwa bwongerera imbaraga yageneye abagize iyi kipe yongeye kubibutsa...