Cart Total Items (0)

Cart

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ikipe ya APR F.C yakomeje imyitozo, aho yakomeje imyitozo yongerera imbaraga abakinnyi bayo ndetse Nyuma ya saa sita bakomereza I Shyorongi mu myitozo ya tekinike. Dore amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu...
Ikipe ya APR F.C ikomeje imyitozo ikomeye haba  mu buryo bw’imbaraga ndetse no mu buryo bw’imikinire aho iyi kipe yitegura imikino itandukanye mu gihe cya vuba. Ni imyitozo iri gukoreshwa n’umutoza Mukuru  ndetse nabungiriza be, aho abakinnyi bashya ndetse...
Umukinnyi Madou Zon ukomoka muri Burkina Faso yamaze kugera mu ikipe yacu. Madou Zon ukina yugarira yari asanzwe ari kapiteni w’ikipe ya tout puissant Mazembe aho yayifashije kwegukana igikombe cya Shampiyona, kuri ubu yamaze kuba umukinnyi w’ikipe y’ingabo mu...
Nyuma yo kwitwara neza mu mwaka w’imikino wa 2025-2026, umutoza mukuru wa APR F.C Abderrahim Taleb yongereye amasezerano y’umwaka mu ikipe ya APR FC. Nyuma yo kwegukana igikombe cya Super Cup, icya Amahoro ndetse ni cya Shampiyona byahesheje amahirwe...