
kuri uyu munsi kipe ya APR FC yakoze imyitozo ya nyuma, ni mbere yo gukina umukino wa shampiyona izasuramo ikipe ya Al Hilal kuri uyu wa kabiri, ni umukino uteganyijwe kubera kuri kigali pele Stadium ku isaha yi saa kenda zuzuye (15:00)
Ni imyitozo yakozwe n’abakinnyi bose bagize iyi kipe ubona ko bose bafite inyota yo kwegukana amanota atatu yo kuri uyu wa kabiri, dore ko APR FC iherutse kugabana amanota n’ikipe ya bugesera FC
Kuri ubu ikipe yacu iri ku mwanya wa mbere aho irusha Al Hilal iyikurikiye amanota abiri
Dore Amafoto yaranze imyitozo ya nyuma yo kuri uyu wa mbere.


















