Cart Total Items (0)

Cart

kuri uyu munsi kipe ya APR FC yakoze  imyitozo ya nyuma, ni mbere yo gukina umukino wa shampiyona  izasuramo ikipe ya Al Hilal kuri uyu wa kabiri, ni umukino uteganyijwe kubera kuri kigali pele Stadium ku isaha yi saa kenda zuzuye (15:00)

Ni imyitozo yakozwe n’abakinnyi bose bagize iyi kipe ubona ko bose bafite inyota yo kwegukana amanota atatu  yo kuri uyu wa kabiri, dore ko APR FC  iherutse  kugabana amanota n’ikipe ya bugesera FC

Kuri ubu ikipe yacu iri ku mwanya wa mbere aho irusha Al Hilal  iyikurikiye amanota  abiri

Dore Amafoto yaranze imyitozo ya nyuma yo kuri uyu wa  mbere.