Cart Total Items (0)

Cart

kuri uyu wa gatanu Ikipe ya APR FC yakomeje imyitozo ikaba ni ya nyuma mbere yo gukina umukino wa Shampiyona, ni umukino izakirwamo n’ikipe ya Marine kuri uyu wa Gatandatu mu karere  ka Rubavu.

Uyu  mukino uteganyijwe kubera kuri  sitade umuganda  ku isaha yi saa kenda zuzuye (15h00)

Ni imyitozo yakozwe n’abakinnyi  bagize iyi kipe  uretse umuzamu Ishimwe Pierre  ukirwaye na seidu Dauda

Dore Amafoto yaranze imyitozo ya nyuma yo kuri uyu wa gatanu.