
kuri uyu wa gatanu Ikipe ya APR FC yakomeje imyitozo ikaba ni ya nyuma mbere yo gukina umukino wa Shampiyona, ni umukino izakirwamo n’ikipe ya Marine kuri uyu wa Gatandatu mu karere ka Rubavu.
Uyu mukino uteganyijwe kubera kuri sitade umuganda ku isaha yi saa kenda zuzuye (15h00)
Ni imyitozo yakozwe n’abakinnyi bagize iyi kipe uretse umuzamu Ishimwe Pierre ukirwaye na seidu Dauda
Dore Amafoto yaranze imyitozo ya nyuma yo kuri uyu wa gatanu.


















