
kuri uyu wa gatanu Ikipe ya APR FC yakomeje imyitozo ikaba niya nyuma mbere yo gukina umukino w’umunsi wa 24 wa Shampiyona yu Rwanda 2025/2026, ni umukino izakiramo ikipe ya Musanze kuri uyu wa Gatandatu.
Uyu mukino uteganyijwe kubera kuri kigali pele Stadium ku isaha yi saa kumi n’ebyiri n’igice (18h30)
Kuri ubu abagize iyi kipe banyotewe no kwihimura kuri uyu mukino begukana amanota atatu, dore ko umukino w’abanje ubwo waberaga kuri stade ubworoherane warangiye ikipe ya Musanze itsinze APR FC ibitego bitatu kuri bibiri.
Dore Amafoto yaranze imyitozo ya nyuma yo kuri uyu wa gatanu












