
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo Rwanda Premier League igeze ku munsi wayo wa 26, ikipe y’Ingabo z’igihugu irakira ikipe ya AS Muhanga kuri iki Cyumweru kuri Kigali Pele Stadium ku isaha ya saa kumi n’ebyiri n’igice (18:30)
Ni umukino APR FC igiye gukina nyuma yo kuva mu biruhuko bagiyemo bamaze guha ibyishimo abakunzi bayo ubwo batsindaga ikipe ya Amagaju.
Kuri ubu abakinnyi bose bameze neza uretse ishimwe Pierre utarakira imvune.
Dore Amafoto yaranze imyitozo ya nyuma














