Umukinnyi ukina mu bwugarizi bwo hagati Nduwayo Alexis ari bube akina umukino we wa mbere atangiye mu kibuga muri Shampiyona, mu mukino ikipe yacu ihuriramo na Marines FC kuri uyu mugoroba. Uyu musore w’imyaka 21 yonyine, yaje muri APR...
Umukino w’ikirarane cy’umunsi wa mbere wa shampiyona turi buwukine kuri uyu wa Kabiri na Marines, aho abakunzi bacu bashyiriweho uburyo bushya bwo kugura amatike yo kwinjira ku mikino. Nyuma y’uko uburyo bwari busanzwe bamwe banengaga ko bugoranye mu kugura...
Nyuma yo gutsindwa na Musanze FC ibitego 3 kuri 2 mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Stade Ubworoherane, Taleb Abderrahim yasabye imbabazi abakunzi bacu, abizeza ko bagiye gukosora amakosa yakozwe. ahereye ku mukino wo kuri uyu wa Kabiri tuzahuriramo...
Iminsi 14 ni yo abakunzi yacu byabasabye kwihangana ngo bongere babona ikipe yambara umukara n’umweru mu kibuga, ubwo kuri uyu wa Gatandatu iri bube iri i Musanze ku mukino w’umunsi wa munani wa Shampiyona. Uyu mukino dufitemo amateka meza,...
Abakinnyi batari mu ikipe y’igihugu, bongeye gusubukura imyitozo yo kwitegura umunsi wa munani wa shampiyona tuzasuramo Musanze FC kuri uyu wa Gatandatu. Ni imyitozo yongeye gukorwa nyuma y’akaruhuko k’umunsi umwe ikipe yari yahawe ku Cyumweru, aho yari yiganjemo kongera...