Ikipe ya AZAM FC yo muri Tanzania yageze mu Rwanda aho ije kwitabira Inkera y’Abahizi ya APR FC izatangira kuri iki Cyumweru ikipe y’Ingabo z’igihugu yisobanura na Power Dynamos. AZAM yazanye n’itsinda ry’abarenga 50 yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege...
Umutoza w’ikipe ya Power Dynamos Oswald Mutapa yatangaje ko ikipe ye izerekana umukino mwiza, ubwo izaba ihura na APR FC mu mukino wa gicuti uzaba ku Cyumweru saa Cyenda kuri Stade Amahoro. Power Dynamos yaraye igeze i Kigali, yazanye...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’Amaguru muri Afurika, yamenyesheje ikipe ya APR FC ko umukino wa CAF Champions League uzayihuza na Pyramids wahinduriwe amatariki kubera undi mukino iyi kipe yo mu Misiri ifite. APR FC cyo kimwe n’andi makipe yatwaye Shampiyona iwabo,...
Abafana b’ikipe ya APR FC bazwi nk’ “Intare Nkuru” babimburiye abandi gushyira hanze imihigo yabo ya 2025-2026, ubwo bahuriraga ku cyicaro cy’Ingabo z’Igihugu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 14 Kanama. Intare Nkuru zateguye uyu muhango mu...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen MK Mubarak, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu yahuye n’abakinnyi n’abatoza ba APR FC baganira ku myiteguro y’imikino iyi kipe y’ingabo z’igihugu iri gutegura. Gen MK Mubarakh udahwema kuba inyuma y’ikipe, yatangiye...