APR FC yegukanye igikombe cy’ubutwari
Ni amateka yisubiyemo, na cyane ko APR FC yavutse ku butwari bw’abo twizihiza none, baba abariho n’abatakiriho. APR FC yaryoheje ibirori, yizihiza Ubutwari bw’abo tubureberaho neza, itsinda Police FC ku mukino wanyuma wo guhatanira icyo gikombe. Ni umukino wa nyuma wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 01/02/2025 kuri Kigali Pele Stadium. APR FC yawutangiye […]
APR FC yegukanye igikombe cy’ubutwari Read More »