Author name: Philbert HAGENGIMANA

APR FC yasesekaye i Huye (Amafoto umwe ku wundi)

APR FC yasesekaye mu Mujyi wa Huye, aho igiye guhangana n’Amagaju FC mu mukino w’ikirarane ari na wo usoza imikino ibanza ya Rwanda Premier League 2024-2025. Ni umukino uzabera kuri Stade Huye kuri iki cyumweru tariki ya 12/01/2025 saa cyenda z’amanywa (3:00pm). APR FC yajyanye Abakinnyi bayo bose, dore ko kugeza ubu nta n’undi ufite

APR FC yasesekaye i Huye (Amafoto umwe ku wundi) Read More »

Bite muri APR FC mbere yo gukina n’Amagaju FC?

Umutwe w’iyi nkuru ni ikibazo bamwe bibajije ndetse Tuyisenge Arsene arabasubiza mu izina rya bagenzi be. Kuri iki cyumweru tariki ya 12/01/2025 APR FC irakina n’Amagaju FC mu mukino w’ikirarane ari na wo usoza imikino ibanza ya Rwanda Premier League 2024-2025. Ni umukino uzabera kuri Stade Huye, ukazatangira saa cyenda zuzuye (3:00pm). Ubwo iyi kipe

Bite muri APR FC mbere yo gukina n’Amagaju FC? Read More »

APR FC ku Gisenyi yahiriwe n’urugendo

APR FC yahiriwe n’urugendo ku Gisenyi ihatsindira Marine FC ibitego 2-1. Igitego Ruboneka Jean Bosco yatsinze ku munota wa 2 muri ine y’inyongera ni cyo cyakoze ikinyuranyo, maze APR FC iha ibyishimo abakunzi n’abafana bayo. Icyo gitego Ruboneka yagitainze gikurikira icyo Kwitonda Alain ‘Bacca’ yari yatsinze ku munota wa 57, iki kikaba cyishyuraga icyo Marine

APR FC ku Gisenyi yahiriwe n’urugendo Read More »

“Urugamba ni nk’urundi” – Abakinnyi ba APR FC mbere yo gukina na Marine FC

Intero ni imwe mu bakinnyi ba APR FC bati “Urugamba ni nk’urundi” ubwo bakoraga imyitozo ya nyuma bitegura Marine FC mu mukino w’umunsi wa 15 wa Rwanda Premier League. Uwo mukino uteganyijwe kubera kuri Stade Umuganda mu Karere ka Rubavu kuri uyu wa gatatu tariki ya 08/01/2025. Ubwo hari harangiye imyitozo ya nyuma yo kwitegura

“Urugamba ni nk’urundi” – Abakinnyi ba APR FC mbere yo gukina na Marine FC Read More »

Niyibizi yageneye abafana ubutumwa mbere y’uko APR FC ikina na Musanze FC

Niyibizi Ramadhan yageneye abakunzi n’abafana ba APR FC ubutumwa mbere y’uko iyi kipe y’ingabo ikina na Musanze FC. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 04/01/2025 APR FC irakirwa na Musanze FC kuri Stade Ubworoherane mu Karere ka Musanze. Ni mu mukino w’umunsi wa 14 wa Rwanda Premier League, ukaba ugiye gukinwa nyuma y’uko Abakinnyi ba

Niyibizi yageneye abafana ubutumwa mbere y’uko APR FC ikina na Musanze FC Read More »

U-17: APR FC yasubiriye Rayon Sports, APR WFC ihigika Indahangarwa WFC

APR FC U-17 yasubiriye Rayon Sports FC U-17 iyitsinda no mu mukino wo kwishyura, APR WFC U-17 ihigika Indahangarwa WFC U-17 zahanganiraga umwanya wa mbere. Nyuma y’aho APR FC U-17 itsinze Rayon Sports FC U-17 ibitego 9-1 mu mukino ubanza, ikipe y’ingabo yasubiriye Gikundiro iyitsinda 5-2 mu mukino wo kwishyura. Ni umukino wakiniwe i Shyorongi

U-17: APR FC yasubiriye Rayon Sports, APR WFC ihigika Indahangarwa WFC Read More »

Dauda Yousif yagarutse, APR FC yasubukuye imyitozo

Nyuma y’igihe yari amaze arwaye, Dauda Yousif yagarutse mu myitozo rusange APR FC yasubukuye yitegura umunsi wa 14 wa Rwanda Premier League. Ni imyitozo yakozwe kuri uyu wa gatatu tariki ya 18/12/2024 ikaba yakorewe ku kibuga cy’imyitozo cya APR FC i Shyorongi. Ni imyitozo yagaragayemo Dauda Yousif wari umaze hafi amezi abiri arwaye, akaba yahawe

Dauda Yousif yagarutse, APR FC yasubukuye imyitozo Read More »

APR FTC yahiriwe n’umunsi mu Urubuto Community Youth Cup

APR FTC yahiriwe n’umunsi, mu kinino 6 yakinnye itsindamo 5 inganya 1. Ni imikino y’umunsi wa gatanu ya URUBUTO COMMUNITY YOUTH CUP yakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14/12/2024. Mu itsinda rya mbere ririmo amakipe ya mbere ya APR FTC yari yakiriye Future Generation Academy y’i Nyamirambo. U-10: APR FTC 4-1 Future Generation AcademyU-13:

APR FTC yahiriwe n’umunsi mu Urubuto Community Youth Cup Read More »

Scroll to Top