Author name: Philbert HAGENGIMANA

Umwaka mushya: Hatangajwe igihe APR FC izasubukurira imyitozo

Hatangajwe igihe APR FC izasubukura imyitozo mu rwego rwo kwitegura umwaka mushya w’imikino (season) 2024/2025. Nyuma y’ikiruhuko cy’igihe kiyingayinga ukwezi, aho yari imaze kwesa umuhigo wo kurangiza umwaka yemye ikegukana igikombe cya shampiyona idatsinzwe umukino n’umwe, ikipe y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko izatangira imyitozo ku itariki ya 17/06/2024.  Ni imyitozo izatangira hagamijwe kwitegura umwaka w’imikino […]

Umwaka mushya: Hatangajwe igihe APR FC izasubukurira imyitozo Read More »

APR FC ifite 6 mu b’intoranwa b’Amavubi imbere ya Benin na Lesotho

Mu bakinnyi 25 b’Amavubi Umutoza yajyanye muri Cote d’Ivoire aho u Rwanda ruzakinira na Benin, akabakomezanya muri Afurika y’epfo aho ruzakinira na Lesotho, APR FC ifitemo abakinnyi batandatu (6). Abo ni Nshimiyimana Yunusu, Niyigena Clement, Niyomugabo Claude na Ombolenga basanzwe bayoboye ubwugarizi bwa APR FC, Ruboneka Bosco na Mugisha Gilbert bakina hagati basatira izamu. Ni

APR FC ifite 6 mu b’intoranwa b’Amavubi imbere ya Benin na Lesotho Read More »

Ruboneka muri batatu bahatanira igihembo cy’umukinnyi w’umwaka

Ruboneka Bosco ni umwe mu bakinnyi batatu barimo guhatanira igihembo cy’umukinnyi wahize abandi muri Rwanda Premier League 2023/2024. Rwanda Premier League itegura shampiyona y’icyiciro cya mbere, yatangaje ko tariki ya 15 Kamena ari bwo izatanga ibihembo by’abahize abandi mu mupira w’amaguru mu mwaka wa shampiyona wa 2023-2024. Ibi byiciro bizatorwamo ni bine aharimo abakinnyi b’abagabo

Ruboneka muri batatu bahatanira igihembo cy’umukinnyi w’umwaka Read More »

APR WFC yegukanye umwanya wa 3 muri FERWAFA Youth League 2024 (Amafoto)

APR WFC yegukanye umwanya wa gatatu muri FERWAFA YOUTH LEAGUE 2024, irushanwa ryahuje amakipe y’icyiciro cya mbere n’icya kabiri ariko hakina abakinnyi batarengeje imyaka 20. Ni irushanwa ryasojwe kuri  iki cyumweru tariki ya 2/6/2024, aho igikombe cyegukanywe na Gasogi United mu bahungu n’aho APAER WFC ikagitwara mu bakobwa. Imyanya ya kabiri yegukanywe na Marine FC

APR WFC yegukanye umwanya wa 3 muri FERWAFA Youth League 2024 (Amafoto) Read More »

APR FTC yegukanye ibikombe bibiri

APR FTC yegukanye ibikombe bibiri muri bitatu byahatanirwaga kuri COMMUNITY YOUTH FOOTBALL LEAGUE 2024. Ni irushanwa ry’amakipe y’amarerero (Football Training Centers) ryateguwe hagamijwe kwishimira ibyagezweho mu iterambere ry’umupira w’amaguru, no gushishikariza abanyarwanda kuzagira amahitamo meza mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ay’Abagize Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, bakazatora neza bagamije gusigasira ibyo u Rwanda rumaze kugeraho mu

APR FTC yegukanye ibikombe bibiri Read More »

APR FC irakataje mu kurerera u Rwanda intyoza muri ruhago

APR FC irakataje mu gitegurira u Rwanda abazaba intyoza muri ruhago mu bihe bizaza. Buri wa gatandatu no ku cyumweru ndetse n’indi minsi abanyeshuri batize, ni wo mwanya abatoza baba bakora iyo bwabaga ngo bategure abana mu marerero ashamikiye kuri APR FC, ku buryo mu minsi iri imbere bazavamo intyoza mu guconga ruhago. Ibi uzabyibonera

APR FC irakataje mu kurerera u Rwanda intyoza muri ruhago Read More »

Igikombe cya 22, imihigo irakomeje

APR FC yagukanye igikombe cya 22 mu myaka 30 imaze ibayeho, uba umuhigo wongeweho undi wo gutwara icyo gikombe idatsinzwe umukino n’umwe muri shampiyona (Primus National League 2023-2024). Usibye iyi mihigo ikomatanye kandi, iyi kipe yongeyeho undi wo kwegukana igikombe cya shampiyona ubugira gatanu (5) yikurikiranya. Dore imyaka APR FC yegukanyemo ibyo bikombe 22: 1995,

Igikombe cya 22, imihigo irakomeje Read More »

Amashirakinyoma kuri APR WFC mu cyiciro cya mbere nyuma y’imyaka 10

Benshi bakomeje kwibaza ku ishusho n’intego bya APR WFC mu cyiciro cya mbere muri shampiyona y’abari n’abategarugori, aho bamwe bumva ko ije guhangana n’andi makipe agisanzwemo ariko bakibaza ku bushobozi bwayo kuko yazamuwe n’abakinnyi bato. Ni nyuma y’uko itsinze Forever WFC ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma maze ikegukana igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya kabiri.

Amashirakinyoma kuri APR WFC mu cyiciro cya mbere nyuma y’imyaka 10 Read More »

Abanyabigwi ba APR FC baserutse mu mukino yahereweho igikombe cya Shampiyona

Abanyabigwi ba APR FC baserutse ndetse bakurikirana umukino usoza Primus National League ari nawo iyi kipe y’Ingabo yashyikirijweho igikombe cya Shampiyona. Ni umukino wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 12/05/2024, APR FC ikaba yanganyije n’Amagaju FC igitego 1-1 bityo yesa undi muhigo wo kumara imikino yose ya Shampiyona idatsinzwe n’umwe. Bamwe mu banyabigwi baserutse bahagarariye

Abanyabigwi ba APR FC baserutse mu mukino yahereweho igikombe cya Shampiyona Read More »

FERWAFA YOUTH LEAGUE: APR WFC yatsinze Forever WFC iyikura ku ntebe y’icyubahiro

Ikipe y’Abangavu ba APR WFC yatsinze iy’aba Forever WFC ibitego 4-2 ihita iyikura ku ntebe y’icyubahiro mu irushanwa FERWAFA YOUTH LEAGUE 2024. Ni umukino w’umunsi wa 5 mu y’amatsinda wakinwe kuri iki cyumweru tariki ya 5/5/2024. Mbere y’uyu mukino Forever WFC (Junior) ni yo yari iyoboye itsinda n’amanota 10/12, igakurikirwa na APR WFC (Junior) yari

FERWAFA YOUTH LEAGUE: APR WFC yatsinze Forever WFC iyikura ku ntebe y’icyubahiro Read More »

Scroll to Top