Kuri iki Cyumweru nibwo hakinwaga umukino ukomeye wa shampiyona wahuzaga ikipe ya APR FC yakiragamo ikipe ya Al Merrikh, ni umukino warutegerejwe na benshi dore ko warufite kinini uvuze ku mpande zombi. Ni umukino ikipe ya APR FC yagiye...
Umuyobozi w’Icyubahiro Wungirije wa APR FC, Gen MK MUBARAKH, yakiriye Abakinnyi n’Abakunzi b’iyi kipe abashimira uko bitwaye begukana igikombe cya Super Cup 2025 batsinze Rayon Sports ibitego 4-1. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Mutarama...
Gen MK MUBARAK, CDS ARASHIMIRA ABAKINNYI B’ APR F.C Nyuma y’ Umukino wa Super-Cup, twegereye Gen MK MUBARAK, Umugaba w’ Ingabo atubwira ko ashimira Abakinnyi b’ APR F.C byimazeyo ku ntsinzi begukanye. Ntiyahagarariye aho, yongeye kubashimira kubwo kwumvira inama...
Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10 Mutarama 2026 wabereye kuri Stade Amahoro, wari umukino wa gatanu wa Super Coupe kuva yatangira gukinwa muri 2002. Ikipe y’Ingabo ni yo yatangiye neza umukino ndetse inatanga Rayon...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi ari kumwe na Col Rdt Kalisa callixte yasuye ikipe ya APR F.C aho isanzwe ikorera imyitozo kuri sitade ikirenga mu karere...