Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika CAF, yashyize yemeza ko umukino w’amajonjora y’ibanze uzaduhuza na Pyramids yo mu Misiri uzakinirwa kuri Kigali Pelé Stadium nkuko byari byifujwe. Nta minsi ishize CAF yohereje ibaruwa ivuga ko iki kibuga k’i Nyamirambo kitujuje...
Kapiteni w’ikipe ya APR FC Ruboneka Jean Bosco yatangaje ko ikipe yiteguye kwitwara neza ku mukino w’umunsi wa kabiri wa CECAFA Kagame Cup bafitante na Mlandege kuri uyu wa Gatandatu. APR FC yatangiye iyi mikino itsinda BUMAMURU yo mu...
APR FC na Al Ittihad Misurata SC yo muri Libya bamaze kumvikana ku kugurisha burundu umukinnyi ukina mu kibuga hagati Richmond Lamptey. Uyu musore ukomoka muri Ghana yaje mu ikipe ya APR FC mu mwaka wa Shampiyona wa 2024-2025...
Umukino urarangiye. APR FC itangiye imikino ya CECAFA itsinda Bumamuru yo mu Burundi. Ibitego bya Djibril Ouatarra na William Togui, ni byo byabaye itandukaniro ku mukino wa none. Dore uko umukino wagenze. Memel Dao wa APR FC atowe nk’umukinnyi...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Nzeri ni bwo ikipe ya APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Bumamuru yo mu Burundi mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2025. APR FC ikaba yakoreye...