Umukino w’Umunsi wa 10 wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda wahuje APR FC na Police FC wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatandatu, warangiye amakipe yombi anganyije ubusa ku busa (0-0), mu mukino wari urimo ishyaka...
APR FC irasubukura imyitozo kuri iki Cyumweru yitegura umukino w’ikirarane cy’umunsi wa gatatu uzayihuza na Etincelles FC kuwa Kabiri tariki ya 2 Ukuboza 2025 kuri Kigali Pelé Stadium_ guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18:00). Imyitozo iteganyijwe gutangira saa kumi...
Igitego cya Ruboneka Bosco, cyatumye ikipe yacu ifata umwanya wa kabiri ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona, ni nyuma yo kunganyiriza 1-1 kuri Kigali Pelé Stadium mu mukino twasuyemo As Kigali kuri uyu wa Gatanu. Ruboneka Bosco yakaraze umupira wa...
Umukinnyi w’umwaka wa Rwanda Premier League 2024-2025, Niyigena Clement, ari bube ari mu bakinnyi 11 baza guhangana na As Kigali mu kanya gato ubwo turi bube dukina umukino w’umunsi wa cyenda wa Shampiyona. Uyu mukino ugiye gukinirwa kuri Kigali...
Umutoza Abderrahim Taleb, yungutse andi mahitamo arenze abiri, dore ko abakinnyi batatu bongera kwitabazwa ubwo ikipe yacu iza kuba yasuye As Kigali mu mukino w’umunsi wa Cyenda wa Shampiyona uri kuri uyu wa Gatanu. Ibi, ni nyuma yaho imyitozo...