Abafana b’ikipe ya APR FC bazwi nk’ “Intare Nkuru” babimburiye abandi gushyira hanze imihigo yabo ya 2025-2026, ubwo bahuriraga ku cyicaro cy’Ingabo z’Igihugu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 14 Kanama. Intare Nkuru zateguye uyu muhango mu...
Uko iminsi yo guhiga yegereza ni ko ibikorwa nyamukuru y’ibizaranga Inkera y’Abahizi bigenda bijya hanze, dore ko uretse amakipe atandukanye azitabira imikino yateguwe, n’abakunzi ba APR FC batangiye gutekereza ku mihigo yabo bazanye mu mwaka mushya wa Shampiyona. Ku...
APR FC yakiriye abakinnyi batatu bashya mu rwego rwo gukomeza kubaka ikipe ihatana byo ku rwego mpuzamahanga. Abakinnyi bashya ba APR FC ni Mahamadou Lamine Bah ukomoka muri Mali, Nwobodo Chidiebere Johnson na Odibo Godwin bombi bakaba bakomoka muri...
Hatangajwe itariki izaberaho umukino wo guhatanira igikombe gihatse ibindi mu Rwanda (Super Cup) uzahuza APR FC na Police FC. Mu ibaruwa Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru (FERWAFA) ryandikiye amakipe yombi, ryamenyesheje ko uwo mukino uzakinwa ku itariki ya 10/08/2024 saa cyenda...
Nyuma yo gushimira abasoje amasezerano no kuyongerera babiri mu bari bayarangije, APR FC yasinyishije abandi bakinnyi batanu (5) bashya. Abakinnyi bashya APR FC yasinyishije ni Mugiraneza Frodouard wakiniraga Kiyovu Sports, Byiringiro Gilbert uturutse muri Marine FC, Dushimimana Olivier uturutse...