Cart Total Items (0)

Cart

Abakinnyi babiri Nshimiyimana Yunusu na Niyigena Clement bongerewe amasezerano y’imyaka ibiri. Ni nyuma y’uko aba bakinnyi babiri bayoboye ubwugarizi bwa APR FC kugeza ubwo itwaye igikombe cya Shampiyona idatsinzwe na rimwe, amasezerano bari bafite yari ageze ku musozo. Aba...
Abakinnyi bane bashimiwe nyuma y’aho amasezerano bari bafitanye na APR FC atangiye. Abakinnyi bane bashimiwe ni Bizimana Yannick, Rwabuhihi Aime Placide, Ombolenga Fitina na Ishimwe Christian. Aba bakinnyi bashimiwe mu butumwa bugira buti “Ubuyobozi bwa APR FC burashimira Cyane...
Abyisabiye, Buregeya Prince yavuye mu ikipe ya APR FC yari amazemo imyaka iyingayinga 10. Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko Buregeya ubwe ari we wisabiye ko yakwemererwa kuva mu iyi kipe y’ingabo yari agifitemo amasezerano y’umwaka umwe. Buregeya yageze...
N’ubwo APR FC izatangira imyitozo ku mugaragaro tariki ya 17/6/2024 yitegura umwaka utaha w’imikino, iyi kipe y’ingabo igiye gukina na Rayon Sports muri Stade Amahoro nshya imaze igihe ivugururwa mu mukino uteganyijwe tariki ya 15 Kamena 2024 saa kumi...