Mu gihe nk’iki cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, Ubuyobozi bwa APR FC bwatanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Isi yose muri rusange ariko Abanyarwanda by’umwihariko. Tariki ya 7 Mata ni umunsi mpuzamahanga wo...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 05/04/2024 ni bwo hakozwe umuhango wo gusezera bwa nyuma Nyakwigendera Adel-Zrane wari Umutoza wa APR FC ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi. Ni umuhango wateguwe n’Ubuyobozi bwa APR FC, ukaba waritabiriwe n’abakunzi n’abafana b’iyi kipe...
Dr Adel-Zrane wari Umutozawungirije ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi muri APR FC yitabye Imana. Mu gitondo cy’uyu wa kabiri tariki ya 02/04/2024 ni bwo Umutoza Dr. Adel-Zrane yitabye Imana mu buryo butunguranye, akaba yaguye iwe mu rugo. Ubuyobozi bwa APR...
Saa saba n’iminota mirongo ine n’itanu (1:45pm) z’iki cyumweru tariki ya 14/01/2024 ni bwo APR FC yari isesekaye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe. Iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda ivuye mu rugendo yari imazemo ibyumweru bitatu, aho...
Umukunzi wa APR FC akaba anashinzwe ubukangurambaga mu rwego rw’umujyi wa Kigali, Gatete Thomson atangaza ko afite ikizere ko n’iyi Shampiona nayo igomba kuza mu bindi bikombe. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru b’ikipe ya APR FC mu gitondo...