latest news

Ferwafa yamenyesheje ikipe ya APR FC igihe izakinira “Ferwafa Super Cup”
Ikipe ya APR FC na Rayon Sports zigiye gukina umukino w’igikombe kiruta ibindi mu Rwanda

APR FC yanganyije na Police FC 0-0 kuri Kigali Pele Stadium
Umukino w’Umunsi wa 10 wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda wahuje APR FC na

APR FC IRASUBUKURA IMYITOZO YITEGURA ETINCELLES FC
APR FC irasubukura imyitozo kuri iki Cyumweru yitegura umukino w’ikirarane cy’umunsi wa gatatu uzayihuza na

As Kigali 1-1 APR FC. Amanota yagabanywe i Nyamirambo
Igitego cya Ruboneka Bosco, cyatumye ikipe yacu ifata umwanya wa kabiri ku rutonde rw’agateganyo rwa

Niyigena Clement yagarutse muri 11 mu mukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona
Umukinnyi w’umwaka wa Rwanda Premier League 2024-2025, Niyigena Clement, ari bube ari mu bakinnyi 11

Abakinnyi batatu bagarutse mbere yo guhura na As Kigali
Umutoza Abderrahim Taleb, yungutse andi mahitamo arenze abiri, dore ko abakinnyi batatu bongera kwitabazwa ubwo

Nduwayo Alexis agiye gutangira mu mukino we wa mbere wa Shampiyona muri APR FC
Umukinnyi ukina mu bwugarizi bwo hagati Nduwayo Alexis ari bube akina umukino we wa mbere

Abafana bashyizwe igorora ku mukino wa FC Marines
Umukino w’ikirarane cy’umunsi wa mbere wa shampiyona turi buwukine kuri uyu wa Kabiri na Marines,

Umutoza yasabye imbabazi abafana, atanga ubutumwa mbere ya Marines
Nyuma yo gutsindwa na Musanze FC ibitego 3 kuri 2 mu mukino wa shampiyona wabereye

Ikipe yakoze imyitozo ya nyuma mbere y’umunsi wa 8 wa Shampiyona
Iminsi 14 ni yo abakunzi yacu byabasabye kwihangana ngo bongere babona ikipe yambara umukara n’umweru