latest news

APR FC izahura na Al Hilal SC muri ½ cya CECAFA Kagame Cup yahinduriwe amatariki
Ikipe y’ingabo z’Igihugu izongera ihure na Al Hilal Omdurman mu mukino wa ½ cya CECAFA

APR FC yanganyije na KMC izamuka iyoboye itsinda B. Uko umukino wagenze(Amafoto)
Karibu Sana kwenye Uwanja wa KMC! Tubahaye ikaze ku kibuga cya KMC hagiye kubera umukino

APR FC yatsinze Mlandege 2-0 yongera kuyobora itsinda B muri CECAFA Kagame Cup
Tubahaye ikaze kuri Major General Isamuhyo Stadium ahagiye kubera umukino wa kabiri wo mu itsinda

Chairman wa APR FC yageneye ubutumwa abakinnyi mbere ya Mlandege
Umuyobozi w’ikipe ya APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa yasabye abakinnyi gutsinda umukino w’uyu munsi

Umukino wa Pyramids washyizwe kuri Kigali Pelé Stadium
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika CAF, yashyize yemeza ko umukino w’amajonjora y’ibanze uzaduhuza na Pyramids

Ruboneka Jean Bosco yahaye abafana icyizere mbere yo guhura na Mlandege
Kapiteni w’ikipe ya APR FC Ruboneka Jean Bosco yatangaje ko ikipe yiteguye kwitwara neza ku

Richmond Lamptey yerekeje muri Al Ittihad Misurata SC
APR FC na Al Ittihad Misurata SC yo muri Libya bamaze kumvikana ku kugurisha burundu

APR FC 2-0 BUMAMURU. Ikipe y’Ingabo itangiranye intsinzi muri CECAFA Kagame Cup
Umukino urarangiye. APR FC itangiye imikino ya CECAFA itsinda Bumamuru yo mu Burundi. Ibitego bya

Umutoza yatanze icyizere nyuma y’imyitozo ibanziriza gukina na BUMAMURU(Amafoto)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Nzeri ni bwo ikipe ya APR

Impinduka mu mikino ya APR FC muri CECAFA Kagame CUP
Ikipe ya APR FC yongeye guhindurirwa gahunda y’imikino ya CECAFA Kagame Cup aho umukino ubanza