latest news

APR FC yatsinze Mukura VS&L yegera imbere ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda (RPL)
APR FC yatsinze Mukura VS igitego 1-0 yegera imbere ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda,

APR FC irakira Mukura VS mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona
APR FC izakira Mukura VS&L kuri iki Cyumweru tariki 19 Ukwakira 2025 mu mukino w’umunsi

Uko abakinnyi ba APR FC b’abanyamahanga bitwaye mu makipe y’ibihugu
Uretse abakinnyi b’abanyarwanda bakinira APR FC bahamagawe mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” barimo Ishimwe

Uko abakinnyi ba APR FC bitwaye mu mukino wahuje u Rwanda na Benin
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yatsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Benin igitego 1-0 mu mukino w’umunsi

Itangazo rigenewe abanyamakuru ku myitwarire y’abakinnyi
Ubuyobozi bw’ikipe bwahagaritse Mamadou Sy na Dauda Seidu Yussif iminsi 30 kubera imyitwarire idakwiye bagaragaje

CAF Champions Lague:Pyramids 3-0 APR FC
Ikipe ya Pyramids yashyize akadomo ku rugendo rwacu mu mikino ya CAF Champions League nyuma

APR FC yageze mu Misiri n’intego zo kwitwara neza ku mukino wo kwishyura
Ikipe yacu yamaze kugera mu gihugu cya Misiri aho igiye kwitabira umukino wo kwishyura wa

Imbaraga mwatanze i Kigali muzikube kabiri — Brig Gen Deo Rusanganwa
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, i Shyorongi, aho ikipe ya APR FC isanzwe

Abakinnyi bacu batandatu bahamagawe mu Amavubi
Abakinnyi batandatu b’ikipe ya APR FC bari mu bo umutoza w’ikipe y’igihugu yahamagaye kuzamufasha mu

APR FC 0-2 Pyramids. Umutoza yahishuye aho bitagenze neza
Umukino ubanza w’amajonjora y’ibanze ya CAF Champions League ntabwo wahiriye ikipe yacu dore ko ibitego