latest news

APR FC yatakaje umukino wa mbere mu Inkera y’Abahizi
Umukino w’umunsi wa kabiri w’inkera y’abahizi wasize APR FC itsinzwe na As Kigali kuri penaliti

APR FC ni yo yatugoye dutwara Confederation Cup- Florent Ibenge
Umutoza w’ikipe ya AZAM FC Florent Ibenge Ikwange yatangaje ko ubwo yatozaga RS Berkane bagowe

APR FC 2-0 Power Dynamos. Djibril Ouatarra atanze ibirori hafungurwa Inkera y’Abahizi(Amafoto)
Tubahaye ikaze kuri Stade Amahoro, ahagiye kubera umukino wa gicuti hagati ya APR FC na

Power Dynamos yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na APR FC
Ikipe ya Power Dynamos yegukanye Shampiyona ya Zambia, yakoreye imyitozo kuri Stade Amahoro mbere yo

AZAM FC yageze i Kigali, Florent Ibenge ashimagiza APR FC
Ikipe ya AZAM FC yo muri Tanzania yageze mu Rwanda aho ije kwitabira Inkera y’Abahizi

Power Dynamos yahize gushimisha abafana ku mukino wa APR FC
Umutoza w’ikipe ya Power Dynamos Oswald Mutapa yatangaje ko ikipe ye izerekana umukino mwiza, ubwo

Amatariki y’umukino wa APR FC na Pyramids yahinduwe
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’Amaguru muri Afurika, yamenyesheje ikipe ya APR FC ko umukino wa CAF Champions

Abakunzi ba APR FC bahize, Ijoro ry’Intare risiga amateka yihariye
Abafana b’ikipe ya APR FC bazwi nk’ “Intare Nkuru” babimburiye abandi gushyira hanze imihigo yabo

Gen MK Mubarak yahuye na APR FC, ihiga kwitwara neza mu marushanwa ari imbere
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen MK Mubarak, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu

Ijoro ry’Intare rigiye kubimburira Inkera y’Abahizi ya APR FC
Uko iminsi yo guhiga yegereza ni ko ibikorwa nyamukuru y’ibizaranga Inkera y’Abahizi bigenda bijya hanze,