latest news

APR FC yatije Abakinnyi babiri mu yandi makipe
APR FC yatije Kategaya Elia muri Vision FC na Ishimwe Jean René muri Marine FC

APR FC yasezereye AS Kigali mu irushanwa ry’Ubutwari
APR FC yatsinze AS Kigali ibitego 2-0 iyisezerera mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’umunsi w’Intwari

Rurambikana hagati ya APR FC na AS Kigali
Saa cyenda zuzuye (3:00pm) rurambikana hagati ya APR FC na AS Kigali mu mukino wa

Heroes Cup 2025: Imyiteguro ya nyuma ya APR FC mu mafoto
APR FC yakoze imyitozo ya nyuma yitegura umukino wa 1/2 cy’irangiza mu irushanwa ryo guhatanira

Cheikh Djibril Ouattara yatangiye imyitozo muri APR FC – Amafoto
Rutahizamu mushya wa APR FC, Cheikh Djibril Ouattara yatangiye imyitozo mu gihe iyi kipe yitegura

Igikombe cy’Amahoro: APR FC yamenye aho izasubukurira urugendo
APR FC yatombowe ba Musanze FC, bityo ni yo bazahura mu mikino ya 1/8 cy’irangiza

APR FC yasinyishije rutahizamu mushya
APR FC yasinyishije rutahizamu mushya w’Umunya-Burkina Faso, Cheick Djibril Ouattara. Ouattara w’imyaka 25 y’amavuko yasinyiye

Niyigena Clement ni umukinnyi wa APR FC uyifitiye amasezerano
Ikipe ya APR FC irahakana amakuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko umukinnyi Niyigena Clement

Abakinnyi bashya ba APR FC batangiye imyitozo – Amafoto
APR FC irimo Abakinnyi babiri bashya yakomeje imyitozo yitegura Heroes Cup n’imikino ya Shampiyona itaha.

APR FC yatsindiwe i Huye
APR FC yatsinzwe n’Amagaju FC igitego 1-0 mu mukino wasoje igice cya mbere cya Shampiyona.