Impuzamashyirahamwe y’umupira w’Amaguru muri Afurika, yamenyesheje ikipe ya APR FC ko umukino wa CAF Champions League uzayihuza na Pyramids wahinduriwe amatariki kubera undi mukino iyi kipe yo mu Misiri ifite. APR FC cyo kimwe n’andi makipe yatwaye Shampiyona iwabo,...
Abafana b’ikipe ya APR FC bazwi nk’ “Intare Nkuru” babimburiye abandi gushyira hanze imihigo yabo ya 2025-2026, ubwo bahuriraga ku cyicaro cy’Ingabo z’Igihugu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 14 Kanama. Intare Nkuru zateguye uyu muhango mu...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen MK Mubarak, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu yahuye n’abakinnyi n’abatoza ba APR FC baganira ku myiteguro y’imikino iyi kipe y’ingabo z’igihugu iri gutegura. Gen MK Mubarakh udahwema kuba inyuma y’ikipe, yatangiye...
Uko iminsi yo guhiga yegereza ni ko ibikorwa nyamukuru y’ibizaranga Inkera y’Abahizi bigenda bijya hanze, dore ko uretse amakipe atandukanye azitabira imikino yateguwe, n’abakunzi ba APR FC batangiye gutekereza ku mihigo yabo bazanye mu mwaka mushya wa Shampiyona. Ku...
Umukinnyi w’umwaka wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere, Niyigena Clément n’umukinnyi ukina asatira muri APR FC, Mugisha Gilbert babwiye abakunzi b’iyi kipe ko nk’abakinnyi biteguye kubashimisha mu mukino bafite imbere harimo n’uwa Pyramids muri CAF Champions League. Ikipe ya APR...