Tubahaye ikaze kuri Major General Isamuhyo Stadium ahagiye kubera umukino wa kabiri wo mu itsinda B rya CECAFA Kagame Cup hagati ya APR FC na Mlandege FC yo muri Zanzibar. Nge ndi Jado Dukuze ndi kumwe na Hardi Uwihanganye...
Umuyobozi w’ikipe ya APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa yasabye abakinnyi gutsinda umukino w’uyu munsi dufitanye na Mlandege, maze bakubakira kuri iyo ntsinzi ikabafasha kwegukana CECAFA Kagame Cup. APR FC iri bukine na Mlandege saa Cyenda za Kigali kuri...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika CAF, yashyize yemeza ko umukino w’amajonjora y’ibanze uzaduhuza na Pyramids yo mu Misiri uzakinirwa kuri Kigali Pelé Stadium nkuko byari byifujwe. Nta minsi ishize CAF yohereje ibaruwa ivuga ko iki kibuga k’i Nyamirambo kitujuje...
Kapiteni w’ikipe ya APR FC Ruboneka Jean Bosco yatangaje ko ikipe yiteguye kwitwara neza ku mukino w’umunsi wa kabiri wa CECAFA Kagame Cup bafitante na Mlandege kuri uyu wa Gatandatu. APR FC yatangiye iyi mikino itsinda BUMAMURU yo mu...
APR FC na Al Ittihad Misurata SC yo muri Libya bamaze kumvikana ku kugurisha burundu umukinnyi ukina mu kibuga hagati Richmond Lamptey. Uyu musore ukomoka muri Ghana yaje mu ikipe ya APR FC mu mwaka wa Shampiyona wa 2024-2025...