Aba ni bo bakinnyi 11 bari babanjemo APR F.C yatsinze Marine FC ibitego 3-1 mu mukino wayo wa mbere wa gicuti, rutahizamu Victor Mbaoma yigarurira imitima y’abafana. Ni mu mukino wakinwe kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/08/2023 kuri...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere APR FC yakoze imyitozo yitegura umukino wayo wa mbere wa gicuti uzayihuza na Marine FC kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/08/2023. Ni umukino igiye gukina nyuma y’ibyumweru bibiri itangiye imyitozo ku mugaragaro,...