Umukinnyi ukina asatira muri APR FC Tuyisenge Arsène ,yamaze kumvikana na As Kigali aho agiye gutizwayo umwaka w’imikino wa 2025-2026. Tuyisenge Arsène yaje muri APR FC mu mwaka wa Shampiyona twasoje, afasha ikipe kugera ku mukino wa nyuma wa...
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC Denis Omedi yashimye abakunzi bose ba ruhago n’abandi bose bagize uruhare mu gutuma yegukana igihembo cy’umukinnyi w’umwaka muri Uganda yaraye yegukanye muri Local Football Appreciation Awards. Congs Denis Omedi https://t.co/DOfEtZS7lv — Local Football appreciation...
Igitego cya Nshimiyimana Yunusu ntabwo cyashoboye guha intsinzi Gitinyiro mu mukino wa gicuti yatsinzwemo na Police FC 2-1 kuri Kigali Pelé Stadium kuri iki Cyumweru. Dore ibihe bikuru byaranze umukino… Umukino urarangiye. Mu mukino wa gicuti w’imyitozo, ikipe ya...
Abakunzi ba APR FC batangiye kugura amatike y’umukino w ’Umunsi w’Igitinyiro” iyi kipe izahuriramo na Power Dynamos yo muri Zambia tariki ya 17 Kanama 2024 kuri Stade Amahoro. Ni amatike yashyizwe mu byiciro bine aho abazicara mu myanya isanzwe...
Ikipe ya APR FC yamaze kwemeza ko izaba ihatana na Power Dynamos mu mukino wa gicuti w’Umunsi w’Igitinyiro uteganyijwe kuzabera kuri Stade Amahoro tariki ya 17 Kanama 2025. Uyu ni umukino wa mbere mpuzamahanga wa gicuti tugiye kwakira nyuma...