Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasuye ikipe ya APR FC mu myitozo yitegura umukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiyona dufitanye na mukeba Rayon Sports ku munsi w’ejo. Reba uko byari bimeze Maj Gen Vincent...
Abafana ibihumbi birenga 65 ni bo bari muri Stade Mohamed V mu mpera z’icyumweru kindi, ubwo Wydad Cassablanca yanganyaga 0-0 na Raja Cassablanca mu mukino uba witezwe kurusha iyindi mu gihugu cya Maroc. Ni Umukino wa Derby, umutoza wacu...
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC, Cheikh Djibril Ouattara, akomeje gukora imyitozo ku giti cye yo kongera imbaraga kugira ngo abe yafatanya n’abandi mu mikino ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere iri mbere. Uyu mukinnyi ukomoka muri Burkinafaso, yagize ikibazo cy’uburwayi...
Amatike y’umukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona tuzahuriramo na Rayon Sports yamaze kujya hanze aho ku mafaranga ibihumbi bibiri byonyine, abakunzi ba ruhago bakwirebera umukino utegerezwa kurusha iyindi muri Shampiyona. Uyu mukino uzwi nka Derby y’Imisozi Igihumbi, uteganyijwe kuzaba...
Igitego cya Denis Omedi ku munota wa 33 w’umukino gitumye APR FC ikura inota rimwe i Rubavu mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona twahuriragamo na Rutsiro FC. Uyu rutahizamu wa APR FC yashoboraga kudakina uyu mukino, kubera ko...