APR FC yakiriye abakinnyi batatu bashya mu rwego rwo gukomeza kubaka ikipe ihatana byo ku rwego mpuzamahanga. Abakinnyi bashya ba APR FC ni Mahamadou Lamine Bah ukomoka muri Mali, Nwobodo Chidiebere Johnson na Odibo Godwin bombi bakaba bakomoka muri...
Hatangajwe itariki izaberaho umukino wo guhatanira igikombe gihatse ibindi mu Rwanda (Super Cup) uzahuza APR FC na Police FC. Mu ibaruwa Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru (FERWAFA) ryandikiye amakipe yombi, ryamenyesheje ko uwo mukino uzakinwa ku itariki ya 10/08/2024 saa cyenda...
Darco Novic ukomoka muri Serbia ni we mutoza mushya ugiye gutoza APR FC mu gihe cy’imyaka ibiri. Darko Nović ntabwo ari mushya muri Afurika kuko hagati ya Nyakanga 2022 na Gicurasi 2023 yatozaga ikipe ya US Monastir yo muri...
Nyuma yo gushimira abasoje amasezerano no kuyongerera babiri mu bari bayarangije, APR FC yasinyishije abandi bakinnyi batanu (5) bashya. Abakinnyi bashya APR FC yasinyishije ni Mugiraneza Frodouard wakiniraga Kiyovu Sports, Byiringiro Gilbert uturutse muri Marine FC, Dushimimana Olivier uturutse...
Abakinnyi babiri Nshimiyimana Yunusu na Niyigena Clement bongerewe amasezerano y’imyaka ibiri. Ni nyuma y’uko aba bakinnyi babiri bayoboye ubwugarizi bwa APR FC kugeza ubwo itwaye igikombe cya Shampiyona idatsinzwe na rimwe, amasezerano bari bafite yari ageze ku musozo. Aba...