Cart Total Items (0)

Cart

Abakinnyi barindwi b’ikipe ya mbere bahamagawe mu mwiherero w’ikipe y’igihugu Amavubi uteganyijwe hagati ya tariki 12 na 16 Ugushyingo 2025. Umutoza w’Amavubi Adel Amrouche, yahisemo guhamagara abakinnyi bakina imbere mu gihugu gusa cyane ko nta mukino mpuzamahanga ikipe y’igihugu...
Imyaka icyenda ni yo yari ishize umukino wa Shampiyona hagati y’abakeba muri Derby y’imisozi igihumbi udasiga ikipe itsinze indi ikinyuranyo cy’ibitego bitatu, imyaka irenga ibiri ni yo ishize APR FC itinjizwa igitego na mukeba Rayon Sports, imyaka irenga 10...
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC, Cheikh Djibril Ouattara, akomeje gukora imyitozo ku giti cye yo kongera imbaraga kugira ngo abe yafatanya n’abandi mu mikino ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere iri mbere. Uyu mukinnyi ukomoka muri Burkinafaso, yagize ikibazo cy’uburwayi...