Ibihembo byinshi mu byahawe abahize abandi muri Rwanda Premier league 2023-2024 byegukanywe n’aba APR FC. Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 9/8/2024, ukaba wabereye muri RBA. Abahawe ibyo bihembo ni Victor Mbaoma wegukanye urukweto rwa...
Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo rwambikane hagati ya Simba SC na APR FC, Umutoza Darco Novic yashyize ahagarara abakinnyi 11 babanzamo ndetse n’abasimbura. Ni mu mukino wo kwizihiza Simba Day uza kubera kuri Mkapa Stadium i...
Mu rwego rwo kwifatanya na Simba SC, Abakunzi n’abafana bayo mu kwizihiza Simba Day, ruraza kwambikana hagati y’iyi kipe na APR FC. Ni umukino uza kubera kuri Mkapa Stadium i Dar es Salaam muri Tanzania kuri uyu wa gatandatu...
APR FC yakiriye abakinnyi batatu bashya mu rwego rwo gukomeza kubaka ikipe ihatana byo ku rwego mpuzamahanga. Abakinnyi bashya ba APR FC ni Mahamadou Lamine Bah ukomoka muri Mali, Nwobodo Chidiebere Johnson na Odibo Godwin bombi bakaba bakomoka muri...
Hatangajwe itariki izaberaho umukino wo guhatanira igikombe gihatse ibindi mu Rwanda (Super Cup) uzahuza APR FC na Police FC. Mu ibaruwa Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru (FERWAFA) ryandikiye amakipe yombi, ryamenyesheje ko uwo mukino uzakinwa ku itariki ya 10/08/2024 saa cyenda...