Umukinnyi w’umwaka wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere, Niyigena Clément n’umukinnyi ukina asatira muri APR FC, Mugisha Gilbert babwiye abakunzi b’iyi kipe ko nk’abakinnyi biteguye kubashimisha mu mukino bafite imbere harimo n’uwa Pyramids muri CAF Champions League. Ikipe ya APR...
Tombola y’uko amakipe azahura mu mikino y’amajonjora y’ibanze ya CAF Champions League isize ikipe ya APR FC yongeye gutombora Pyramids FC yo mu Misiri mu nzira ishyira amatsinda y’iri rushanwa. Umukino ubanza hagati yaya makipe yombi uteganyijwe kuzabera i...
Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika, CAF, yamaze gushyira hanze uko Tombola y’uko amakipe azahura mu mikino ya CAF Champions League 2025-2016 izagenda, aho APR FC izaba ihagarariye u Rwanda nyuma yo kwegukana shampiyona y’icyiciro cya mbere. Iyi tombola iteganyijwe...
Umutoza Mukuru w’ikipe ya APR FC Abderrahim Taleb, twagiranye ikiganiro kihariye cyagarutse kuri byinshi kuri we, ku cyamukuruye kugira ngo aze muri Gitinyiro ndetse n’uko yabonye imikinire y’amakipe yo mu Rwanda harimo na Rayon Sports bazahura mu mukino ubanziriza...
Ikipe ya APR FC cyo kimwe n’andi makipe yatwaye ibikombe bya Shampiyona iwabo, uyu munsi ni bwo yamenye ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 Kamena 2025 ari bwo hazakorwa tombola y’uko amakipe azahura mu majonjora y’ibanze ya...