Cart Total Items (0)

Cart

Djibril Ouattara, wari muri Stade Amahoro ubwo APR FC yanyagiraga mukeba Rayon Sports ibitego 3-0, yongeye gukorana imyitozo n’ikipe nkuru nyuma y’igihe kitari gito agize ikibazo cy’uburwayi. Uyu rutahizamu umaze kwandika izina mu Rwanda no mu Karere, yari yari...
Abakinnyi barindwi b’ikipe ya mbere bahamagawe mu mwiherero w’ikipe y’igihugu Amavubi uteganyijwe hagati ya tariki 12 na 16 Ugushyingo 2025. Umutoza w’Amavubi Adel Amrouche, yahisemo guhamagara abakinnyi bakina imbere mu gihugu gusa cyane ko nta mukino mpuzamahanga ikipe y’igihugu...