Abakinnyi ba APR FC bari mu makipe y’igihugu , mu gitondo cy o kuri uyu wa Kane bakoranye na bagenzi babo bitegura umukino wa ½ tuzahuriramo na Al Hilal SC ku wa Gatandatu tariki 13 Nzeri. Abakinnyi bane bari...                                     
                                    
                                     
                                                                   
                                        Ikipe y’ingabo z’Igihugu izongera ihure na Al Hilal Omdurman mu mukino wa ½ cya CECAFA Kagame Cup uteganyijwe ku wa Gatandatu saa Tanu n’igice za Kigali. Al Hilal ni yo ishoboye kuyobora itsinda C n’amanota atanu. Umukino wa nyuma...                                     
                                    
                                     
                                                                   
                                        Karibu Sana kwenye Uwanja wa KMC! Tubahaye ikaze ku kibuga cya KMC hagiye kubera umukino wa nyuma wo mu itsinda B rya CECAFA Kagame Cup, hagati ya APR FC na KMC yo muri Tanzania. APR FC irasabwa gutsinda cyangwa...                                     
                                    
                                     
                                                                   
                                        Tubahaye ikaze kuri Major General Isamuhyo Stadium ahagiye kubera umukino wa kabiri wo mu itsinda B rya CECAFA Kagame Cup hagati ya APR FC na Mlandege FC yo muri Zanzibar. Nge ndi Jado Dukuze ndi kumwe na Hardi Uwihanganye...                                     
                                    
                                     
                                                                   
                                        Umuyobozi w’ikipe ya APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa yasabye abakinnyi gutsinda umukino w’uyu munsi dufitanye na Mlandege, maze bakubakira kuri iyo ntsinzi ikabafasha kwegukana CECAFA Kagame Cup. APR FC iri bukine na Mlandege saa Cyenda za Kigali kuri...