Cart Total Items (0)

Cart

Abyisabiye, Buregeya Prince yavuye mu ikipe ya APR FC yari amazemo imyaka iyingayinga 10. Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko Buregeya ubwe ari we wisabiye ko yakwemererwa kuva mu iyi kipe y’ingabo yari agifitemo amasezerano y’umwaka umwe. Buregeya yageze...
N’ubwo APR FC izatangira imyitozo ku mugaragaro tariki ya 17/6/2024 yitegura umwaka utaha w’imikino, iyi kipe y’ingabo igiye gukina na Rayon Sports muri Stade Amahoro nshya imaze igihe ivugururwa mu mukino uteganyijwe tariki ya 15 Kamena 2024 saa kumi...
Hatangajwe igihe APR FC izasubukura imyitozo mu rwego rwo kwitegura umwaka mushya w’imikino (season) 2024/2025. Nyuma y’ikiruhuko cy’igihe kiyingayinga ukwezi, aho yari imaze kwesa umuhigo wo kurangiza umwaka yemye ikegukana igikombe cya shampiyona idatsinzwe umukino n’umwe, ikipe y’ingabo z’u...
Ruboneka Bosco ni umwe mu bakinnyi batatu barimo guhatanira igihembo cy’umukinnyi wahize abandi muri Rwanda Premier League 2023/2024. Rwanda Premier League itegura shampiyona y’icyiciro cya mbere, yatangaje ko tariki ya 15 Kamena ari bwo izatanga ibihembo by’abahize abandi mu...