Abakinnyi batandatu b’ikipe ya APR FC bari mu bo umutoza w’ikipe y’igihugu yahamagaye kuzamufasha mu mikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2026. Amavubi azakina na Bénin ku wa Gatanu tariki ya 10 Ukwakira kuri Stade Amahoro mbere...
Umukino ubanza w’amajonjora y’ibanze ya CAF Champions League ntabwo wahiriye ikipe yacu dore ko ibitego bibiri bya Fiston Mayele byatumye Pyramids twahuraga itahukana intsinzi ya 2-0. Ni umukino muri rusange twihariye, dore ko Hakim Kiwanuka na Mamadou Sy bateye...
Umutoza mukuru Abderrahim Talib na Kapiteni Niyomugabo Claude baganiriye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kabiri, amasaha 24 mbere y’umukino na Pyramids FC yo mu Misiri. Iyi kipe ifite irushanwa riheruka, tuzaba duhurira mu mukino ubanza w’amajonjora y’ibanze ya CAF Champions...
Umutoza mukuru Abderrahim Taleb yahaye icyizere abakunzi ba APR FC ko ikipe yiteguye kwitwara neza ku mukino w’amajonjora y’ibanze ya CAF Champions League dufitanye na Pyramids tariki ya 1 Ukwakira 2025. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu ni...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu bwahuye n’abahagarariye abafana baganira ku bitandukanye bijyanye n’iterambere ry’ikipe harimo n’imyiteguro y’umukino wa Pyramids. Chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa akaba yongeye gushimangira ko ikipe...