
kuri uyu wa kane Ikipe ya APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo gukina umukino wa shampiyona izakiramo ikipe ya Gorilla FC kuri uyu wa Gatanu, ni umukino uteganyijwe kubera kuri kigali pele Stadium ku isaha yi saa kenda n’igice (15h30)
Kuri ubu abakinnyi bose bashyize hamwe banyotewe no kwegukana amanota atatu yo kuri uyu wa gatanu
Ni imyitozo yakozwe n’abakinnyi bose bagize iyi kipe uretse umuzamu Ishimwe Pierre ukirwaye.
Dore Amafoto yaranze imyitozo ya nyuma yo kuri uyu wa kane.














