Cart Total Items (0)

Cart

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo Rwanda Premier League igeze ku munsi wayo wa 26, ikipe y’Ingabo z’igihugu irakira ikipe ya AS Muhanga kuri iki Cyumweru  kuri Kigali Pele Stadium ku isaha ya saa kumi n’ebyiri n’igice (18:30)

Ni umukino APR FC igiye gukina nyuma yo kuva mu biruhuko bagiyemo bamaze  guha ibyishimo abakunzi bayo ubwo batsindaga ikipe ya Amagaju.

Kuri ubu abakinnyi bose bameze neza uretse ishimwe  Pierre utarakira imvune.

Dore Amafoto yaranze imyitozo ya nyuma