
Ishimwe Christian usanzwe akina Inyuma yugarira ku ruhande rw’ibumoso yamaze gusinyira ikipe yacu aho agarutse mu Rugo.
Uyu mukinnyi Kandi usanzwe ari n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu akaba agarutse mu ikipe y’ingabo gufatanya n’abandi mu Rugendo rw’imikino iyi kipe ifite Yaba hanze Yu Rwanda ndetse no mu Gihugu.
Ishimwe christian ahawe ikaze Mu Rugo


