Cart Total Items (0)

Cart

Ikipe ya APR F.C yamaze kubona kapiteni Mushya uhagarariye abakinnyi, uwo ntawundi ni Cheick Djibril Ouattara.

Uyu kapiteni Kandi akazaba afite bagenzi be bamwungirije aribo Ronald Ssekiganda kapiteni wa Mbere wungirije na Nshimiyimana Ynussu kapiteni wa kabiri wungirije.

Cheick Djibril Ouattara kuva yagera mu ikipe ya APR F.C yakomeje kuba intangarugero haba mu kibuga ndetse no hanze yacyo Ari nako afasha ikipe kwitwara neza, bigaragarira buri wese dore ko yafashije iyi kipe kwegukana Ibikombe bitatu muri uyu mwaka ushize w’imikino akaba nuwahize abandi mu gutsinda ibitego byinshi muri Shampiyona Aho yatsinze ibitego 18