kuri uyu wa gatanu Ikipe ya APR FC yakomeje imyitozo ikaba ni ya nyuma mbere yo gukina umukino wa Shampiyona, ni umukino izakirwamo n’ikipe ya Marine kuri uyu wa Gatandatu mu karere ka Rubavu. Uyu mukino uteganyijwe kubera kuri ...
kuri uyu wa kabiri Ikipe ya APR FC yakomeje imyitozo ikaba niya nyuma mbere yo gukina umukino wo kwishyura w’igikombe cy’amahoro, ni umukino izakiramo ikipe ya Kiyovu Sports kuri uyu wa Gatatu, ni umukino uteganyijwe kubera kuri kigali pele...
kuri uyu wa kane Ikipe ya APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo gukina umukino wa shampiyona izakiramo ikipe ya Gorilla FC kuri uyu wa Gatanu, ni umukino uteganyijwe kubera kuri kigali pele Stadium ku isaha yi saa...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane Umuyobozi w’Icyubahiro wungirije wa APR F.C Gen MK MUBARAKH yasuye iyi kipe aho iri kwitegura umukino uzayihuza na Police F.C kuri uyu wa Gatanu. Ubwo imyitozo yarirangiye yaganiriye n’abagize iyi kipe Abibutsa...
Kuri uyu wa Kane nimugoroba, ikipe ya APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo gucakirana na Police FC mu mukino wa Shampiyona uzaba kuri uyu wa Gatandatu. Uyu mukino uteganyijwe kubera kuri Kigali Pele Stadium, guhera saa...