Cart Total Items (0)

Cart

Kuri iki cyumweru ikipe ya APR F.C yahize gukosora amakosa yabaye mu mukino ubanza igatsinda CF Garde Republicain Kuri ubu ikipe Yacu ishoje imyitozo ya nyuma mbere yo gukina umukino wa Kabiri wa Cecafa Kagame Cup 2026 aho iyi...
Tariki 08 Nyakanga nibwo ikipe ya APR F.C yatangaje ko yamaze gusinyisha Madou zon imukuye muri TP mazembe. Kuri uyu wa mbere,uyu munya Burkina Faso Madou Zon akaba yamaze gutangira Imyitozo muri APR FC. Uyu mukinnyi ukina yugarira yamaze...
Ikipe ya APR F.C yamaze kubona kapiteni Mushya uhagarariye abakinnyi, uwo ntawundi ni Cheick Djibril Ouattara. Uyu kapiteni Kandi akazaba afite bagenzi be bamwungirije aribo Ronald Ssekiganda kapiteni wa Mbere wungirije na Nshimiyimana Ynussu kapiteni wa kabiri wungirije. Cheick...