Cart Total Items (0)

Cart

Mu mukino utari woroshye, APR FC yanganyije na AS Kigali ibitego 2-2 bituma Ikipe y’Ingabo isabwa byibuze irindi nota rimwe mu mikino ine isigaye kugira ngo yegukane igikombe cya Shampiyona. Ni umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 26 wa shampiyona wagombaga...
Mu gihe nk’iki cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, Ubuyobozi bwa APR FC bwatanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Isi yose muri rusange ariko Abanyarwanda by’umwihariko. Tariki ya 7 Mata ni umunsi mpuzamahanga wo...