Iminsi 14 ni yo abakunzi yacu byabasabye kwihangana ngo bongere babona ikipe yambara umukara n’umweru mu kibuga, ubwo kuri uyu wa Gatandatu iri bube iri i Musanze ku mukino w’umunsi wa munani wa Shampiyona. Uyu mukino dufitemo amateka meza,...
Abakinnyi batari mu ikipe y’igihugu, bongeye gusubukura imyitozo yo kwitegura umunsi wa munani wa shampiyona tuzasuramo Musanze FC kuri uyu wa Gatandatu. Ni imyitozo yongeye gukorwa nyuma y’akaruhuko k’umunsi umwe ikipe yari yahawe ku Cyumweru, aho yari yiganjemo kongera...
Djibril Ouattara, wari muri Stade Amahoro ubwo APR FC yanyagiraga mukeba Rayon Sports ibitego 3-0, yongeye gukorana imyitozo n’ikipe nkuru nyuma y’igihe kitari gito agize ikibazo cy’uburwayi. Uyu rutahizamu umaze kwandika izina mu Rwanda no mu Karere, yari yari...
Abakinnyi barindwi b’ikipe ya mbere bahamagawe mu mwiherero w’ikipe y’igihugu Amavubi uteganyijwe hagati ya tariki 12 na 16 Ugushyingo 2025. Umutoza w’Amavubi Adel Amrouche, yahisemo guhamagara abakinnyi bakina imbere mu gihugu gusa cyane ko nta mukino mpuzamahanga ikipe y’igihugu...
Imyaka icyenda ni yo yari ishize umukino wa Shampiyona hagati y’abakeba muri Derby y’imisozi igihumbi udasiga ikipe itsinze indi ikinyuranyo cy’ibitego bitatu, imyaka irenga ibiri ni yo ishize APR FC itinjizwa igitego na mukeba Rayon Sports, imyaka irenga 10...