Fitina Omborenga ukina ku ruhande rw’inyuma iburyo akomeje kugaragaza ibyishimo byinshi nyuma yo kongera gusinyira ikipe ya APR FC yari amaze umwaka avuyemo. Omborenga wabaye Kapiteni hano igihe kirekire ndetse akanegukana ibikombe bitandatu bya Rwanda Premier League, ni umwe...
Umutoza w’ikipe nkuru Abderrahim Taleb yasabye abafana kutita cyane ku musaruro ikipe yacu iri kubona mu mikino ya gicuti, abizeza ko ikipe bafite ikomeye kandi izabashimisha mu gihe kiri imbere. Abderrahim Taleb n’ikipe nkuru, bamaze gukina imikino ine ya...
Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 9/8/2024, ukaba wabereye muri RBA. Abahawe ibyo bihembo ni Victor Mbaoma wegukanye urukweto rwa zahabu ruhabwa uwatsinze ibitego byinshi, uyu mwanya akaba awusangiye na Ani Elijah wahoze akinira...
Ibihembo byinshi mu byahawe abahize abandi muri Rwanda Premier league 2023-2024 byegukanywe n’aba APR FC. Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 9/8/2024, ukaba wabereye muri RBA. Abahawe ibyo bihembo ni Victor Mbaoma wegukanye urukweto rwa...
Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo rwambikane hagati ya Simba SC na APR FC, Umutoza Darco Novic yashyize ahagarara abakinnyi 11 babanzamo ndetse n’abasimbura. Ni mu mukino wo kwizihiza Simba Day uza kubera kuri Mkapa Stadium i...