Tombola y’uko amakipe azahura mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup isize APR FC iri mu itsinda rya kabiri hamwe na Bumamuru yo mu Burundi, Mlandege ya Zanzibar na NEC FC ya Uganda. Amakipe 12 azitabira irushanwa ry’uyu mwaka yashyizwe...
Intare enye zindi zizaba zihagararira ibihugu byazo mu mikino y’amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Amerika mu mwaka utaha wa 2026. Rutahizamu Denis Omedi. ni umukinnyi uhoraho wa Uganda Cranes aho azaba ayifasha mu mikino ibiri bafitanye...
Tombola y’uko amakipe azahura mu irushanwa rihuza amakipe yo mu karere ka Afurika yo hagati n’iy’iburasirazuba, yashyizwe ku wa Kane tariki 28 Kamena aho kuba kuri uyu wa Kabiri nkuko byari biteganyijwe. Iri rushanwa ikipe ya APR FC izitabira,...
Abakinnyi batanu b’ikipe ya APR FC, bari mu bo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yahamagaye ngo bazamufashe mu mikino y’amajonjora y’igikombe cy’isi u Rwanda ruzakina na Nigeria na Zimbabwe. Umunyezamu Ishimwe Pierre yongeye kugaruka mu ikipe y’igihugu mu gihe myugariro...
Ikipe ya APR FC yamaze kwemeza ko izitabira irushanwa rya CECAFA Kagame Cup rizabera muri Tanzania hagati y’amatariki ya 2-15 Nzeri uyu mwaka wa 2025. Ni irushanwa rihuza amakipe yo muri karere ka Afurika yo hagati n’iy’iburasirazuba, rizaba rikinwa...