APR FC izakira Mukura VS&L kuri iki Cyumweru tariki 19 Ukwakira 2025 mu mukino w’umunsi wa kane wa Shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League. Umukino wa APR FC na Mukura uzabera kuri Kigali Pelé Stadium saa kumi n’ebyiri n’igice...
Uretse abakinnyi b’abanyarwanda bakinira APR FC bahamagawe mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” barimo Ishimwe Pierre, Byiringiro Jean Gilbert, Nshimiyimana Yunussu, Ruboneka Jean Bosco na Mugisha Gilbert hari n’abakinnyi b’abanyamahanga bahamagawe mu makipe y’ibihugu byabo. Abakinnyi b’abanyamahanga bahamagawe barimo...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yatsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Benin igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 9 mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Mexique na Canada. Mu bakinnyi 11 umutoza...
Ubuyobozi bw’ikipe bwahagaritse Mamadou Sy na Dauda Seidu Yussif iminsi 30 kubera imyitwarire idakwiye bagaragaje ubwo ikipe yiteguraga guhura na Pyramids mu mukino wo kwishyura wa Champions League. Mu itangazo ryagiye hanze, Ubuyobozi bwatangaje ko Sy Mamadou na Dauda...
Ikipe ya Pyramids yashyize akadomo ku rugendo rwacu mu mikino ya CAF Champions League nyuma yo kudutsindira mu Misiri ibitego 3-0 mu mukino wo kwishyura. Umukino wacu na Pyramids wari warigijwe inyuma kubera ko iyi kipe ifite igikombe giheruka...