
Uwiyaremye Fidali wari usanzwe ari umukinnyi w’intare watijwe muri kiyovu Sports yinjiye mu muryango Mugari wa APR FC
Uyu mukinnyi akaba yaragaragaje impano itangaje no kwitwara neza mu mikino yakinnye muri uyu mwaka w’imikino wa 2025_2026 ibikorwa bye bikaba byaramuhaye amahirwe yo guhamagarwa bwa Mbere mu ikipe Y’igihugu Amavubi.
Tumuhaye ikaze mu ikipe yacu





