
Kuri iki cyumweru ikipe ya APR F.C yahize gukosora amakosa yabaye mu mukino ubanza igatsinda CF Garde Republicain
Kuri ubu ikipe Yacu ishoje imyitozo ya nyuma mbere yo gukina umukino wa Kabiri wa Cecafa Kagame Cup 2026 aho iyi kipe yahize gukosora amakosa yakozwe mukino wabanje ubwo bawutakazaga, ikipe yose yiteguye gukora ibishoboka byose ngo yegukane umukino wo kuri uyu wa mbere.
Ni umukino uteganyijwe kubera kuri Kigali Péle Stadium ku isaha yi saa kumi nebyiri 18:00
Amafoto yaranze imyitozo


















