Ibihembo byinshi mu byahawe abahize abandi muri Rwanda Premier league 2023-2024 byegukanywe n’aba APR FC. Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 9/8/2024, ukaba wabereye muri RBA. Abahawe ibyo bihembo ni Victor Mbaoma wegukanye urukweto rwa...
Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo rwambikane hagati ya Simba SC na APR FC, Umutoza Darco Novic yashyize ahagarara abakinnyi 11 babanzamo ndetse n’abasimbura. Ni mu mukino wo kwizihiza Simba Day uza kubera kuri Mkapa Stadium i...
Mu rwego rwo kwifatanya na Simba SC, Abakunzi n’abafana bayo mu kwizihiza Simba Day, ruraza kwambikana hagati y’iyi kipe na APR FC. Ni umukino uza kubera kuri Mkapa Stadium i Dar es Salaam muri Tanzania kuri uyu wa gatandatu...
Darco Novic ukomoka muri Serbia ni we mutoza mushya ugiye gutoza APR FC mu gihe cy’imyaka ibiri. Darko Nović ntabwo ari mushya muri Afurika kuko hagati ya Nyakanga 2022 na Gicurasi 2023 yatozaga ikipe ya US Monastir yo muri...